“8. Ariko twebweho ubwo turi ab’amanywa, twirinde ibisindisha twambaye kwizera n’urukundo nk’icyuma gikingira igituza, kandi twambaye ibyiringiro byo kuzabona agakiza nk’ingofero.”
(1 Abatesaloniki 5:8)
Tube maso
Imana iduhamagarira kuba maso tugatandukana n’icyaha cyose n’ibiduhagarika imitima dutegereje kugaruka kwa Yesu nk’isezerano ryacu rikuru.
Rev KARAYENGA Jean Jacques