Zaburi 118:17-19
” Sinzapfa ahubwo nzarama, Ntekerereze abantu imirimo Uwiteka yakoze, Uwiteka yampannye igihano cyane, Ariko ntiyampaye urupfu, Munyugururire amarembo yo gukiranuka, Ndinjiramo nshima Uwiteka.”
“Iyo usomye iyi mirongo, umuntu yakwibwira ko atazapfa ( azabaho nk’imisozi nk’uko bakunda kuvuga ngo nk’ibisi bya Huye imisozi ), oya Dawidi yavuze aya magambo ashaka gushima Imana yari imurokoye urupfu ,ubwo abanzi be bashakaga kumwica igihe kitaragera, niko natwe duhora duhanganye n’ibiba bishaka kutwica imburagihe,ni ngombwa ko tubyibutsa ko tutazapfa,tuzarama kandi tugatekerereza cg se tugatanga ubuhamya mu bantu ,ko Imana yagiye iturengera , mu gihe abantu baba bashaka kuturangiza.Mbese wibutse imirimo kandi y’Uwiteka yagukoreye ? Ongera umushimire.”
Mwakire neza Ijambo ry’Imana.
Umwigisha: Bishop Apollinaire M. Gakombe.
Moderator of The Evangelical Covenant Church of Rwanda 🇷🇼 “ECCR “
Zaburi 118:17-19
“Iyo usomye iyi mirongo,umuntu yakwibwira ko atazapfa ( azabaho nk’imisozi nk’uko bakunda kuvuga ngo nk’ibisi bya Huye imisozi ), oya Dawidi yavuze aya magambo ashaka gushima Imana yari imurokoye urupfu ,ubwo abanzi be bashakaga kumwica igihe kitaragera, niko natwe duhora duhanganye n’ibiba bishaka kutwica imburagihe, ni ngombwa ko tubyibutsa ko tutazapfa,tuzarama kandi tugatekerereza cg se tugatanga ubuhamya mu bantu ,ko Imana yagiye iturengera ,mu gihe abantu baba bashaka kuturangiza.Mbese wibutse imirimo kandi y’Uwiteka yagukoreye ? Ongera umushimire.”
” Sinzapfa ahubwo nzarama, Ntekerereze abantu imirimo Uwiteka yakoze,
Uwiteka yampannye igihano cyane, Ariko ntiyampaye urupfu,
Munyugururire amarembo yo gukiranuka, Ndinjiramo nshima Uwiteka.”
Mwakire neza Ijambo ry’Imana.
Umwigisha: Bishop Apollinaire M. Gakombe.
Moderator of The Evangelical Covenant Church of Rwanda 🇷🇼 “ECCR “