Nuko Uwiteka aramwitegereza aramubwira ati”Genda uko izo mbaraga zawe zingana, ukize Abisirayeli amaboko y’Abamidiyani. Si jye ugutumye?” (Abacamanza 6:14).
Ntukisuzugure kuko nubwo ubona ko udashoboye ariko uri uw’umumaro imbere y’Imana. Emera kuba igikoresho cyayo aho igukeneye.
Umwigisha: Past. Mugiraneza J. Baptiste@AMASEZERANO.COM