Ntukisuzugure/Past. Mugiraneza J. Baptiste

Nuko Uwiteka aramwitegereza aramubwira ati”Genda uko izo mbaraga zawe zingana, ukize Abisirayeli amaboko y’Abamidiyani. Si jye ugutumye?” (Abacamanza 6:14).

Ntukisuzugure kuko nubwo ubona ko udashoboye ariko uri uw’umumaro imbere y’Imana. Emera kuba igikoresho cyayo aho igukeneye.

Umwigisha: Past. Mugiraneza J. Baptiste@AMASEZERANO.COM