Mu neza y’Imana niyo ituyobora

  1. Unyigishe gukora ibyo ushaka, Kuko ari wowe Mana yanjye, Umwuka wawe mwiza anyobore mu gihugu cy’ikibaya.”
    (Zaburi 143:10)

Mu neza y’Imana niyo ituyobora.


Nkwifurije iyi neza y’Imana yo kuyoborwa nayo muri buri kintu cyose ukora mu ubusima bwawe.

Rev Karayenga Jean Jacques