- Unyigishe gukora ibyo ushaka, Kuko ari wowe Mana yanjye, Umwuka wawe mwiza anyobore mu gihugu cy’ikibaya.”
(Zaburi 143:10)
Mu neza y’Imana niyo ituyobora.
Nkwifurije iyi neza y’Imana yo kuyoborwa nayo muri buri kintu cyose ukora mu ubusima bwawe.
Rev Karayenga Jean Jacques