Kuba maso – Munezero Jean Paul
Murahoneza,amazina ni Munezerojeanpaul tugiye kuganira ku ijambo turasanga mubutumwabwiza bwa yesukirisito uko banditswe na Matayo 7:13
Matayo 7:13
“Munyure mu irembo rifunganye, kuko irembo ari rigari, n’inzira ijyana abantu kurimbuka ari nini, kandi abayinyuramo ni benshi.
Kubamaso
-kunyura mu irembo rifunganye
-irembo rigari
-kudasobanukirwa
-kwirengagiza ukuri
Mubuzimabusanzwe nahontibyoroshye
-aho usanga umubyeyi atakigira urukundo rwumwanawe
-benshiguye mugihombo kubwo kutabamaso
Benedata nkuko twakomeje kumvi ijambory’Imana
-ndagusaba kongera kwitekerezaho aho utabaye maso
-Tera intambwe dufatanye gusaba Imana imbaraga
-Rekadusenge.
Murakoze