Iwacu ni mu ijuru, mu isi turacumbitse

“Naho twebweho iwacu ni mu ijuru, ni ho dutegereje Umukiza ko azava ari we Mwami Yesu Kristo,”(Abafilipi 3:20).

Ubu bwenegihu ntabwo tubuheshwa nuko tuvuka mu ijuru. Ahubwo tubuheshwa no kwizera igitambo Yesu yatangiye ku musaraba.

Itoze kubaho uzirikana ko uri murugendo rujya iwawe bwite kuko aho uri uracumbitse.

Pastor Mugiraneza J Baptiste