Uwo ntiyafatanije n’inama zabo n’ibyo bakoze, yari Umunyarimataya, umudugudu w’Abayuda, na we yategerezaga ubwami bw’Imana.(Luka 23:51)
Ubwo utegeje Ubwami bw’Imana kandi bukaba buri hafi irinde kwifatanya n’imirimo y’umwijima ahubwo ukore ibyo gukiranuka.
Pst Mugiraneza J. Baptiste