“2. Mana yanjye, Mana yanjye, Ni iki kikundekesheje, Ukaba kure ntuntabare, Kure y’amagambo yo kuniha kwanjye?”
(Zaburi 22:2)
Imana ntiyakwibagirwa
Menya ko nubwo unyura mubihe by’umwijima bisimburana n’iby’umucyo mu ubuzima bwawe,ntagihe nakimwe Imana yakwibagirwa.
Rev Karayenga Jean Jacques