“19. Kandi Imana yanjye izabamara ubukene bwanyu bwose, nk’uko ubutunzi bw’ubwiza bwayo buri muri Kristo Yesu.” (Abafilipi 4:19)
Imana igufiye ibyo ukeneye byose.
Wizere ko muri Kristo wakiriye harimo ibikumara ubukene bwa none n’ubwo mugihe kizaza,ukomeze gucukura muri uwo murima mwiza w’izahabu.
Rev Karayenga Jean Jacques