“11. Erega nzi ibyo nibwira nzabagirira! Ni amahoro si bibi, kugira ngo mbareme umutima w’ibyo muzabona hanyuma. Ni ko Uwiteka avuga.12. Kandi muzanyambaza, muzagenda munsenga nanjye nzabumvira.” (Yeremiya 29:11-12)
Igihe cy’Imana kikubikiye ibyiza.
Nezezwa n’igihe cy’Imana mu ubuzima bwawe kuko aricyo kikubereye cyiza. Kuko igitegura ntaho ibogamiye ntanicyacyivangamo, kugirango ugere aho yaguteguriye heza kurushaho mugihe gikwiriye.
Rev Karayenga Jean Jacques