“5. Ntimukagire ingeso zo gukunda impiya ahubwo mujye munyurwa n’ibyo mufite, kuko ubwayo yavuze iti”Sinzagusiga na hato, kandi ntabwo nzaguhana na hato.” (Abaheburayo 13:5)
Ibyiringiro byuko itazakureka
Imana ntizaguhana. Isi iguhindutse Uwiteka niwe wegamiye umwiringiye, Uwiteka udahemuka azarindira amahoro ye muri wowe, kugeza k’ubugingo buhiraho.
Rev Karayenga Jean Jacques