Intego: Humura buri kintu cyose kigira igihe cyacyo/Ev Ndayisenga Esron
Umubwiriza 3:1,4,8
[1]Ikintu cyose kigenerwa igihe cyacyo, n’icyagambiriwe munsi y’ijuru cyose gifite umwanya wacyo.
[4]Igihe cyo kurira n’igihe cyo guseka, igihe cyo kuboroga n’igihe cyo kubyina.
[8]igihe cy’intambara n’igihe cy’amahoro.
Dan 2:21
[21]Ni yo inyuranya ibihe n’imyaka, ni yo yimūra abami ikimika abandi, igaha abanyabwenge ubwenge, n’abazi kwitegereza ikabaha kumenya.
Nshuti nta kinanira igihe humura rero Imana izakugirira neza kuko ni yo inyuranya ibihe.
Mugire umunsi mwiza kandi ibahe kugubwa neza