Ibyakozw 21:31-32,36
[31]Bagishaka kumwica, inkuru igera ku mutware w’ingabo z’abasirikare, yuko i Yerusalemu hose hari hagize imidugararo.
[32]Muri ako kanya ajyana abasirikare n’abatwara imitwe, amanuka yirukanka abīrohamo. Na bo babonye umutware w’ingabo n’abasirikare, barorera gukubita Pawulo.
[36]kuko abantu benshi babakurikiraga basakuza bati “Mukureho!”
Ivug 28:7
[7]Uwiteka azatuma ababisha bawe baguhagurukiye banesherezwa imbere yawe, bazaca mu nzira imwe bagusanganiye, baguhunge baciye mu nzira ndwi.
Nshuti usomye iki gice cya 21 kugeza ku cya 23 cy’Ibyakozwe n’Intumwa tuhasanga uko Pahulo yakijijwe n’umuntu wari ukwiye kumwica ugereranyije igitutu abaturage bari bamushyizeho n’ibyaha yashinjwaga byari bihagije ko yapfa,ariko kuko umugambi w’Imana atari uw’ejo,ntibyabujije Pahulo gutabarwa mu nzira zitangaje.Nawe humura igisubizo cy’ikibazo ufite kiri hafi yawe dore kije kinyuze aho utakekaga
Imana ibahe Umugisha mugire icyumweru cyiza
Gutabarwa kwawe kuzanyura no mu nzira utatekerezaga
Ibyakozw 21:31-32,36
[31]Bagishaka kumwica, inkuru igera ku mutware w’ingabo z’abasirikare, yuko i Yerusalemu hose hari hagize imidugararo.
[32]Muri ako kanya ajyana abasirikare n’abatwara imitwe, amanuka yirukanka abīrohamo. Na bo babonye umutware w’ingabo n’abasirikare, barorera gukubita Pawulo.
[36]kuko abantu benshi babakurikiraga basakuza bati “Mukureho!”
Ivug 28:7
[7]Uwiteka azatuma ababisha bawe baguhagurukiye banesherezwa imbere yawe, bazaca mu nzira imwe bagusanganiye, baguhunge baciye mu nzira ndwi.
Nshuti usomye iki gice cya 21 kugeza ku cya 23 cy’Ibyakozwe n’Intumwa tuhasanga uko Pahulo yakijijwe n’umuntu wari ukwiye kumwica ugereranyije igitutu abaturage bari bamushyizeho n’ibyaha yashinjwaga byari bihagije ko yapfa,ariko kuko umugambi w’Imana atari uw’ejo,ntibyabujije Pahulo gutabarwa mu nzira zitangaje.Nawe humura igisubizo cy’ikibazo ufite kiri hafi yawe dore kije kinyuze aho utakekaga
Imana ibahe Umugisha mugire icyumweru cyiza