“7. Ntimuyobe: Imana ntinegurizwa izuru, kuko ibyo umuntu abiba ari byo azasarura.8. Ubibira umubiri we muri uwo mubiri azasaruramo kubora, ariko ubibira Umwuka muri uwo Mwuka azasaruramo ubugingo buhoraho.” (Abagalatiya 6:7-8)
Biba mu umwuka
Ntiwakwera imbuto z’Umwuka uri muri kamere,ntanubwo wagera k’umusaruro utabibye,kandi kubiba nukugira icyo wigomwa kuko uzi ko wizeye umusaruro.
Rev Karayenga Jean Jacques