we kwiheba kuko Yesu muri kumwe abirusha imbaraga – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Ntutinye kuko ndi kumwe nawe, ntukihebe kuko ndi Imana yawe. Nzajya ngukomeza, ni koko nzajya ngutabara kandi nzajya nkuramiza ukuboko kw’iburyo, ari ko gukiranuka kwanjye. (Yesaya 41:10).

Iyi si irimo byinshi biteye ubwoba ariko we kwiheba kuko Yesu muri kumwe abirusha imbaraga, humura urinzwe neza ntacyo bizagutwara.


Pst Mugiraneza J. Baptiste