Ntutinye kuko ndi kumwe nawe, ntukihebe kuko ndi Imana yawe. Nzajya ngukomeza, ni koko nzajya ngutabara kandi nzajya nkuramiza ukuboko kw’iburyo, ari ko gukiranuka kwanjye. (Yesaya 41:10).
Iyi si irimo byinshi biteye ubwoba ariko we kwiheba kuko Yesu muri kumwe abirusha imbaraga, humura urinzwe neza ntacyo bizagutwara.
Pst Mugiraneza J. Baptiste