“18. Maze bazana igitare bagikinga ku munwa w’urwobo. Umwami ahomaho ikimenyetso cye bwite n’icy’abatware be, kugira ngo ibyo ategetse kuri Daniyeli bidahindurwa.” (Daniyeli 6:18)
Uwiteka azahindura ubusa ibyemezo byagufatiwe kubwo kukurengera
Ugire Uwiteka ubungiro bwawe, kandi ntugire ubwoba bw’imyanzuro yagufatiwe iturutse kuri Satani n’abakozi be, ahubwo wiringire Uwiteka ufite ijambo ryanyuma kubibaho byose uzasohoka mu urwobo rw’intare unesheje.
Rev. Karayenga Jean Jacques