Uwiteka afite imbaraga zihagije zo gutabara abamwiringiye – Pst Mugiraneza J. Baptiste

“Mana yacu, ntiwakwemera kubahana? Nta mbaraga dufite zarwanya izo ngabo nyinshi ziduteye, kandi tubuze uko twagira ariko ni wowe duhanze amaso.” (2 Ngoma 20:12).

Igihe uhuye n’ibiguteye ubwoba, bikurusha imbaraga, hungira k’Uwiteka, afite imbaraga zihagije zo gutabara no gukiza abamwiringiye.


Pst Mugiraneza J Baptiste