Ubukene bw’ibanze ni Imana ubwayo

  1. Mbese muri mwe hari umuntu umwana we yasaba umutsima akamuha ibuye,10. cyangwa yamusaba ifi akamuha inzoka?11. Ko muri babi kandi mukaba muzi guha abana banyu ibyiza, none So wo mu ijuru ntazarushaho guha ibyiza ababimusabye? (Matayo 7:9-11)

Ubukene bw’ibanze ni Imana ubwayo.


Akira Imana muri wowe, niza izaguha inshingano n’umugisha wo kugushoboza gusohoza izo nshingano ugomba kugeraho. Ubukene bwawe izaba ibukumaze.

Rev Karayenga Jean Jacques