Arababaza ati “Ikibasinjirije ni iki? Nimubyuke musenge kugira ngo mutajya mu moshya.” (Luka 22:46).
Ibiri kunaniza abizera, bikasubiza inyuma ni byinshi. Irinde, ube maso usenge kugira ngo nawe ubugingo bwawe butagwa mu moshya.
Pst Mugiraneza J. Baptiste