“Ujye urwana intambara nziza yo kwizera usingire ubugingo buhoraho, ubwo wahamagariwe ukabwaturira kwatura kwiza imbere y’abahamya benshi.” (1 Timoteyo 6 :12).
Erega birazwi ko uri umukristo irinde icyatuma ubuhamya bwawe bugira ikibazo.
Pastor Mugiraneza J Baptiste