Imana niyo igena igihe n’aho muzavuganira – Rev. Jean Jacques Karayenga

Imana niyo igena igihe n’aho muzavuganira – Rev. Jean Jacques Karayenga

“Mose yinjiye mu ihema ry’ibonaniro kuvugana n’Uwiteka, yumva ijwi rimubwira rituruka hejuru y’intebe y’ihongerero yo ku isanduku y’Ibihamya, hagati ya ba bakerubi bombi. Avugana n’Uwiteka.”(Kubara 7:89) Imana niyo igena igihe …

Soma byose

Komeza uyigirire icyizere, ibyo yakubwiye byose izabikora – Ev. Ndayisenga Esron

Komeza uyigirire icyizere, ibyo yakubwiye byose izabikora – Ev. Ndayisenga Esron Yesaya 57:18-19[18]“Nabonye ingeso ze nzamukiza, kandi nzamuyobora musubize ibyo kumumarana umubabaro hamwe n’abamuborogeye. [19]Ni jye urema ishimwe ry’imirwa, ngo …

Soma byose
Gukorera Imana Gukwiriye – Pastor Rukundo Octave

Gukorera Imana Gukwiriye – Pastor Rukundo Octave

Gukorera Imana Gukwiriye – Pastor Rukundo Octave IBYANDITSWE BYERA: Kuva 12:5 Yohana 6:28-29, 14:1-3 Yakobo 2:14-22 • Iyo ntama (Igitambo cyashushanyaga Kristo uzatambwa ku bwacu) izabe itagira inenge (Abaroma 12:1-2) …

Soma byose
Umvira ijwi ry’inshuti yawe kuko ije vuba – Rev. Jean Jacques Karayenga

Umvira ijwi ry’inshuti yawe kuko ije vuba – Rev. Jean Jacques Karayenga

“Hahirwa umuntu unyumvira, Akaba maso mu marembo yanjye iminsi yose, Agategerereza ku nkomo z’imiryango yanjye.”(Imigani 8:34) Umvira ijwi ry’inshuti yawe kuko ije vuba Kumva ijwi ry’Imana bigirira umumaro gusa uryumviye …

Soma byose
Saba Umwami Yesu acecekeshe ibyakubuzaga guhura n’igisubizo cyawe – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Saba Umwami Yesu acecekeshe ibyakubuzaga guhura n’igisubizo cyawe – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Maze baraceceka. Amukoraho aramukiza, aramusezerera. (Luka 14:4). Saba Umwami Yesu acecekeshe ibyakubuzaga guhura n’igisubizo cyawe, akuramburire ukuboko kwe maze ubone igitangaza cye gikiza. Pst Mugiraneza J. Baptiste

Soma byose
Nubwo hari ibitumye wiheba, Imana ikugomororeye amahoro mu mutima – Ev. Ndayisenga Esron

Nubwo hari ibitumye wiheba, Imana ikugomororeye amahoro mu mutima – Ev. Ndayisenga Esron

Nubwo hari ibitumye wiheba,Imana ikugomororeye amahoro mu mutima – Ev. Ndayisenga Esron Yesaya 66:12-13[12]Uwiteka aravuga ati “Dore nzahayoboraho amahoro ameze nk’uruzi, nzahaha ubwiza bw’amahanga bumere nk’umugezi wuzuye. Ibyo ni byo …

Soma byose
Yesu araje, ibimenyetso byose byaragagaye – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Yesu araje, ibimenyetso byose byaragagaye – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Haracyasigaye igihe kigufi cyane, Kandi uzaza ntazatinda. (Abaheburayo 10:37). Yesu araje, ibimenyetso byose byaragagaye, wicogora, guma mu mwanya wawe ukomerere mubyo wizeye, bidatinze uzabona ineza ye. Pst Mugiraneza J Baptiste

Soma byose
Urukundo Umwami Yesu yadukunze rurahebuje – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Urukundo Umwami Yesu yadukunze rurahebuje – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Ni ukuri intimba zacu ni zo yishyizeho, imibabaro yacu ni yo yikoreye, ariko twebweho twamutekereje nk’uwakubiswe n’Imana agacumitwa na yo, agahetamishwa n’imibabaro. (Yesaya 53:4). Urukundo Umwami Yesu yadukunze rurahebuje, yatanze …

Soma byose
Hari ibyakogoshe, ariko Uwiteka yongeye kukumereza umusatsi – Ev. Ndayisenga Esron (0788821682)

Amateka y’ubuzima bwawe ntakwiye kukubera impamvu yo gucika intege- Ev. Ndayisenga Esron

Amateka y’ubuzima bwawe ntakwiye kukubera impamvu yo gucika intege- Ev. Ndayisenga Esron Abac 6:15-16[15]Gideyoni aramusubiza ati “Ariko Uwiteka, Abisirayeli nabakirisha iki? Iwacu ko turi aboroheje mu muryango wa Manase, nkaba …

Soma byose
Umugambi w’Imana ku muntu nta cyawuburizamo – Ev. Ndayisenga Esron

Intwaro zabo ziravunaguritse zifashe ubusa – Ev. Ndayisenga Esron

Intwaro zabo ziravunaguritse zifashe ubusa – Ev. Ndayisenga Esron Soma witonze Yesaya37[10]“Nimugende mubwire Hezekiya umwami w’Abayuda muti: Iyo mana yawe wiringiye ntigushuke ngo ‘I Yerusalemu ntabwo izahabwa umwami wa Ashuri.’ …

Soma byose
Paji61 muri 259 1606162259

Soma n'ibi