Ibiranga isengesho rigira umumaro – Rev. Jean Jacques Karayenga

Musabe ategeke ibitinza igisubizo cyawe ku kugeraho – Pst Mugiraneza J. Baptiste

“Mwintinza kuko Uwiteka yahaye urugendo rwanjye ihirwe, nimunsezerere nsubire kwa databuja.” (Itangiriro 24:56) Ubwo Uwiteka yumvise gusenga kwawe akaguha umugisha, musabe ategeke ibitinza igisubizo cyawe ku kugeraho bikurweho maze utabarwe. …

Soma byose
Muri Yesu gusa niho hari ubuzima – Ev. Eugenie Kangore

Muri Yesu gusa niho hari ubuzima – Ev. Eugenie Kangore

Muri Yesu gusa niho hari ubuzima Mariko 5:24-34 Aragenda ajyana na we, abantu benshi baramukurikira bamubyiga.25 Nuko hariho umugore wari mu mugongo, wari ubimaranye imyaka cumi n’ibiri, 26 ababazwa n’abavuzi …

Soma byose
Iyo abantu n’ibyabo bihindutse kuri wowe, Imana ubwayo yishakira impamba – Ev. Ndayisenga Esron

Iyo abantu n’ibyabo bihindutse kuri wowe, Imana ubwayo yishakira impamba – Ev. Ndayisenga Esron

Iyo abantu n’ibyabo bihindutse kuri wowe, Imana ubwayo yishakira impamba – Ev. Ndayisenga Esron Itang 21:14-17,19[14]Aburahamu azinduka kare kare, yenda umutsima n’imvumba y’uruhu irimo amazi, abiha Hagari abishyira ku rutugu …

Soma byose
Izongera ikwiyereke – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Izongera ikwiyereke – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Hari ikinanira Uwiteka se? Mu gihe cyashyizweho, iki gihe cy’umwaka nikigaruka nzakugarukaho, Sara abyare umuhungu. (Itangiriro 18:14). Komeza iri sezerano ry’Imana iguhaye rikubwiye ko izakugirira neza. Humura ntabwo yakuretse, nti …

Soma byose
Abarwayi Nibo Bakeneye Muganga – Ev. Nshimiye Steven

Abarwayi Nibo Bakeneye Muganga – Ev. Nshimiye Steven

Abarwayi Nibo Bakeneye Muganga – Nshimiye Steven Turasoma ! Ubutumwa bwiza bwanditswe na Luka 5:1-39 Igihe kimwe, abantu bari bateze Yesu amatwi, ubwo yari ahagaze iruhande rw’ikiyaga cya Genesareti* yigisha …

Soma byose
Hari ibyakogoshe, ariko Uwiteka yongeye kukumereza umusatsi – Ev. Ndayisenga Esron (0788821682)

Cungana n’uko Imana ikubona, naho abantu burya bakurebamo uko bari – Ev Ndayisenga Esron

Cungana n’uko Imana ikubona, naho abantu burya bakurebamo uko bari – Ev Ndayisenga Esron 2 Kor 6:9-10,18[9]dutekerezwa ko turi abatamenyekana nyamara turi ibirangirire, dusa n’abagiye gupfa ariko dore turi bazima, …

Soma byose
Imana igukize ibikugoye, mu mwanya wo kubabara iguhe kwishima – Past Mugiraneza J. Baptiste

Imana igukize ibikugoye, mu mwanya wo kubabara iguhe kwishima – Past Mugiraneza J. Baptiste

“Uwo munsi umutwaro baguhekeshaga uzakuva ku bitugu, kandi uzakurwa no ku buretwa bagushyizeho, uburetwa buzamarwa no gusīgwa.” (Yesaya 10:27). Uwiteka atura imitwaro abamwizera ikabavaho. Imana igukize ibikugoye, mu mwanya wo …

Soma byose
Humura ibihe biruhije ntacyo bizagutwara – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Humura ibihe biruhije ntacyo bizagutwara – Pst Mugiraneza J. Baptiste

“Nunyura mu mazi nzaba ndi kumwe nawe, nuca no mu migezi ntizagutembana. Nunyura mu muriro ntuzashya, kandi ibirimi byawo ntibizagufata”. (Yesaya 43:2). Uburinzi bw’Uwiteka buhorana nawe iminsi yose haba mu …

Soma byose
Umugambi w’Imana ku muntu nta cyawuburizamo – Ev. Ndayisenga Esron

Uwiteka yongere akwiyereke arasiga bihindutse – Ev. Ndayisenga Esron

Uwiteka yongere akwiyereke arasiga bihindutse – Ev. Ndayisenga Esron Abac 13:3,10[3]Marayika w’Uwiteka yiyereka uwo mugore aramubwira ati “Dore uri ingumba ntiwigeze kubyara, ariko uzasama inda ubyare umwana w’umuhungu. [10]Nuko umugore …

Soma byose
Ba maso usenge utazatungurwa – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Ba maso usenge utazatungurwa – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Nuko rero mujye muba maso, musenge iminsi yose kugira ngo mubone kurokoka ibyo byose byenda kubaho, no guhagarara imbere y’Umwana w’umuntu.” (Luka 21:36). Ibimenyetso byerekana ko Yesu ari hafi kugaruka …

Soma byose
Paji59 muri 259 1585960259

Soma n'ibi