Ibyiza Uwiteka adukorera ntibirondoreka- Pst Mugiraneza J. Baptiste

Ibyiza Uwiteka adukorera ntibirondoreka- Pst Mugiraneza J. Baptiste

Mutima wanjye himbaza Uwiteka, Ntiwibagirwe ibyiza yakugiriye byose. (Zaburi 103:2). Ibyiza Uwiteka adukorera ni byinshi ntiwabirondora ngo ubirangize. Byibuke maze biguhe kwizera ko izakora n’ibindi biruta ibya mbere. Pst Mugiraneza …

Soma byose
Iyo abantu n’ibyabo bihindutse kuri wowe, Imana ubwayo yishakira impamba – Ev. Ndayisenga Esron

Uwiteka Nyiringabo arirahiye ati Ni ukuri nzabikora – Ev. Ndayisenga Esron

Uwiteka Nyiringabo arirahiye ati Ni ukuri nzabikora – Ev. Ndayisenga Esron Intang 17:17,21[17]Maze Aburahamu arubama, araseka aribaza ati “Mbese umwana azabyarwa n’umaze imyaka ijana avutse? Kandi na Sara umaze imyaka …

Soma byose
Imana ikugirire neza

Uwiteka akugenderere – Pst Mugiraneza J Baptiste

Bukeye ahagurukana n’abakazana be kugira ngo ave mu gihugu cy’i Mowabu, asubira iwabo kuko yari yumviye mu gihugu cy’i Mowabu yuko Uwiteka yagendereye ubwoko bwe, akabaha ibyokurya. (Rusi 1:6). Guma …

Soma byose
Witinya kuko igihe kirageze ngo ibigukanga ubibure – Ev. Ndayisenga Esron

Witinya kuko igihe kirageze ngo ibigukanga ubibure – Ev. Ndayisenga Esron

Witinya kuko igihe kirageze ngo ibigukanga ubibure – Ev. Ndayisenga Esron Gutegek 1:6[6]Uwiteka Imana yacu yatubwiriye i Horebu iti “Igihe mumaze kuri uyu musozi kirahagije. Gutegek 2:3[3]“Igihe mwazengurukiye uyu musozi …

Soma byose
Itorero rya Lawodikiya (Igice cya mbere): Rev. MUGIRANEZA

Ibiriho ubu ntibikubuze iby’ejo hazaza – Pst Mugiraneza J. Baptiste

“Ndaza vuba, komeza ibyo ufite hatagira ugutwara ikamba ryawe.” (Ibyahishuwe 3:11). Ibiriho ubu ntibikubuze iby’ejo hazaza, ukomeze icyo wagabiwe na Yesu utakiriganywa, kuko gifite ingororano ikomeye mu bwami bwe. Pst …

Soma byose
Umugambi w’Imana ku muntu nta cyawuburizamo – Ev. Ndayisenga Esron

Nubona bakurenganyije ubareke kuko na bo imbere hari ukubibazwa – Ev. Ndayisenga Esron

Nubona bakurenganyije ubareke kuko na bo imbere hari ukubibazwa – Ev. Ndayisenga Esron 1Abami 21:7,10,13,16,19[7]Umugore we Yezebeli aramubwira ati “Dorere, ntutegeka ubwami bwa Isirayeli? Byuka ufungure ushire agahinda. Ni jye …

Soma byose
Haburaho gato ngo dusebe, Uwiteka ajya atabara – Ev. Ndayisenga Esron

Imana ije gukeburisha agashyi abaturenganyaga – Ev. Ndayisenga Esron

Intego:Imana ije gukeburisha agashyi abaturenganyaga – Ev. Ndayisenga Esron Ibyak 22:7,11[7]Nikubita hasi numva ijwi rimbaza riti ‘Sawuli, Sawuli, undenganiriza iki?’ [11]Kandi ubwiza bw’uwo mucyo burampumisha, ni cyo cyatumye ndandatwa n’abo …

Soma byose
Ibikugerageza uzabitsinda- Pst Mugiraneza J. Baptiste

Ibikugerageza uzabitsinda- Pst Mugiraneza J. Baptiste

Akangutse acyaha umuyaga, abwira inyanja ati “Ceceka utuze.” Umuyaga uratuza, inyanja iratungana rwose. (Mariko 4:39). Kugendana na Yesu nibyiza, iyo uhuye n’umuyaga arawuturisha. Gumana na we, ibikugerageza uzabitsinda, ubuzima bukomeze. …

Soma byose
Hari aho Imana izakujyana, nturangare uhe agaciro ubutumire bwayo.- Rev. Jean Jacques Karayenga

Hari aho Imana izakujyana, nturangare uhe agaciro ubutumire bwayo.- Rev. Jean Jacques Karayenga

“1 Ijambo ryaje kuri Yeremiya rivuye ku Uwiteka riti2 “Haguruka umanuke ujye mu nzu y’umubumbyi, ni ho nzakumvishiriza amagambo yanjye.”(Yeremiya 18:1-2) Ijwi ry’Imana mubyo ishaka ko wigiraho Hari aho Imana …

Soma byose
Hari ibyakogoshe, ariko Uwiteka yongeye kukumereza umusatsi – Ev. Ndayisenga Esron (0788821682)

Abakozi b’Imana ntibavogerwa, barashinganye – Ev. Ndayisenga Esron

Uyu munsi nshaka kuvuga ko abakozi b’Imana (Abakoreshwa na yo ibatuyemo) bagira ubudahangarwa. 2 Abami 1:10-12,15-16[10]Eliya asubiza umutware w’ingabo mirongo itanu ati “Niba ndi umuntu w’Imana, umuriro nuve mu ijuru …

Soma byose
Paji58 muri 259 1575859259

Soma n'ibi