KWIYANDIKISHA – PBC – Promo.10
17/01/2024
Promotion PBC-0723-P8
16/10/2022
PBC Graduation: Amafoto
11/03/2025
KUBAHO MU NTEGO Y’UBUZIMA(Living out your purpose) “Moridekayi na we arabatuma asubiza Esiteri ati “We kwibwira yuko ari wowe wenyine uzakira mu Bayuda bose kuko uri mu nzu y’umwami, kuko …
Soma byoseMatayo 5:20 Kandi ndababwira ukuri yuko gukiranuka kwanyu nikutaruta ukw’abafarisayo, mutazinjira mu bwami bw’Imana. Uyu munsi ndashaka kukwibutsa ikintu gikomeye Yesu yavuze, ati Sinaje gukuraho amategeko. uyu munsi ndifuza ko …
Soma byose“baheshejwe no kwizera gutsinda aAbami, no gukora ibyo gukiranuka no guhabwa ibyasezeranijwe, no kuziba iminwa y’intare”(Abaheburayo 11:33) Kwibutsa amasezerano mu kwizera Hari amasezerano meza menshi yavuzwe n’Imana arusha ubwinshi ibyo …
Soma byoseIbiguhiga birahari nubwo bizagusiga uhagaze, ariko gukomera kwawe kuri mu kutihorera – Ev. Ndayisenga Esron 1 Pet 3:9-10[9]Ntimukiture umuntu inabi yabagiriye cyangwa igitutsi yabatutse, ahubwo mumwiture kumusabira umugisha kuko ari …
Soma byoseMukomeze amaboko atentebutse, mukomeze amavi asukuma. (Yesaya 35:3). Icyo Imana iguskakaho ni ukubera mugenzi wawe inyunganizi akabasha kugera aho igisubizo cye kizazira. Pst Mugiraneza J. Baptiste
Soma byose“Izahanagura amarira yose ku maso yabo kandi urupfu ntiruzabaho ukundi, kandi umuborogo cyangwa gutaka cyangwa kuribwa ntibizabaho ukundi kuko ibya mbere bishize.”(Ibyahishuwe 21:4) Mu masezerano harimo ibyiringiro by’ahazaza Ibyo twiringizwa …
Soma byoseImana inyuranya amaboko, ibyo yibwira kuri wose si byo bibwira – Ev. Ndayisenga Esron Itang 48:13-14,17-19[13]Yosefu abajyana bombi arabamwegereza, afatisha Efurayimu ukuboko kwe kw’iburyo, amwegereza ukuboko kw’ibumoso kwa Isirayeli, afatisha …
Soma byoseDufite amakuba impande zose ariko ntidukuka imitima, turashobewe ariko ntitwihebye. (2 Abakorinto 4:8). Nubwo ubona ibiguteye ubwoba bibaye byinshi, gumisha ibyiringiro byawe ku Mana kuko ibihe byose ihora ari iyo …
Soma byoseUjye urwana intambara nziza yo kwizera usingire ubugingo buhoraho, ubwo wahamagariwe ukabwaturira kwatura kwiza imbere y’abahamya benshi. (1 Timoteyo 6:12). Komeza icyo wagabiwe na Yesu, urugamba uri guhura narwo rwe …
Soma byoseBabarira abakugiriye nabi, nubwo batagusaba imbabazi – Ev Ndayisenga Esron Mt 18:21-22[21]Nuko Petero aramwegera aramubaza ati “Databuja, mwene data nangirira nabi nzamubabarira kangahe? Ngeze karindwi?” [22]Yesu aramusubiza ati “Sinkubwiye yuko …
Soma byose