Kubaho mu ntego y’ubuzima – Bishop Dr. Fidele Masengo

Kubaho mu ntego y’ubuzima – Bishop Dr. Fidele Masengo

KUBAHO MU NTEGO Y’UBUZIMA(Living out your purpose) “Moridekayi na we arabatuma asubiza Esiteri ati “We kwibwira yuko ari wowe wenyine uzakira mu Bayuda bose kuko uri mu nzu y’umwami, kuko …

Soma byose
Abashaka kwemeza bahabwa amakuru make, ariko abemewe bahabwa kumenya ibyemewe/ Pastor Gaudin M.

GUKIRANUKA KWAWE KURUTA UKW’ABAFARISAYO? UYU MUNSI UHAGAZE UTE? Pastor M. Gaudin

Matayo 5:20 Kandi ndababwira ukuri yuko gukiranuka kwanyu nikutaruta ukw’abafarisayo, mutazinjira mu bwami bw’Imana. Uyu munsi ndashaka kukwibutsa ikintu gikomeye Yesu yavuze, ati Sinaje gukuraho amategeko. uyu munsi ndifuza ko …

Soma byose
Kwibutsa amasezerano mu kwizera – Jean Jacques Karayenga

Kwibutsa amasezerano mu kwizera – Jean Jacques Karayenga

“baheshejwe no kwizera gutsinda aAbami, no gukora ibyo gukiranuka no guhabwa ibyasezeranijwe, no kuziba iminwa y’intare”(Abaheburayo 11:33) Kwibutsa amasezerano mu kwizera Hari amasezerano meza menshi yavuzwe n’Imana arusha ubwinshi ibyo …

Soma byose
Iyo abantu n’ibyabo bihindutse kuri wowe, Imana ubwayo yishakira impamba – Ev. Ndayisenga Esron

Ibiguhiga birahari nubwo bizagusiga uhagaze, ariko gukomera kwawe kuri mu kutihorera – Ev. Ndayisenga Esron

Ibiguhiga birahari nubwo bizagusiga uhagaze, ariko gukomera kwawe kuri mu kutihorera – Ev. Ndayisenga Esron 1 Pet 3:9-10[9]Ntimukiture umuntu inabi yabagiriye cyangwa igitutsi yabatutse, ahubwo mumwiture kumusabira umugisha kuko ari …

Soma byose
Mukomeze amaboko atentebutse – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Mukomeze amaboko atentebutse – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Mukomeze amaboko atentebutse, mukomeze amavi asukuma. (Yesaya 35:3). Icyo Imana iguskakaho ni ukubera mugenzi wawe inyunganizi akabasha kugera aho igisubizo cye kizazira. Pst Mugiraneza J. Baptiste

Soma byose
Mu masezerano harimo ibyiringiro by’ahazaza – Rev. Jean Jacques Karayenga

Mu masezerano harimo ibyiringiro by’ahazaza – Rev. Jean Jacques Karayenga

“Izahanagura amarira yose ku maso yabo kandi urupfu ntiruzabaho ukundi, kandi umuborogo cyangwa gutaka cyangwa kuribwa ntibizabaho ukundi kuko ibya mbere bishize.”(Ibyahishuwe 21:4) Mu masezerano harimo ibyiringiro by’ahazaza Ibyo twiringizwa …

Soma byose
Iyo Imana yafunze inzira abantu baraguhinduka – Ev. Ndayisenga Esron

Imana inyuranya amaboko, ibyo yibwira kuri wose si byo bibwira – Ev. Ndayisenga Esron

Imana inyuranya amaboko, ibyo yibwira kuri wose si byo bibwira – Ev. Ndayisenga Esron Itang 48:13-14,17-19[13]Yosefu abajyana bombi arabamwegereza, afatisha Efurayimu ukuboko kwe kw’iburyo, amwegereza ukuboko kw’ibumoso kwa Isirayeli, afatisha …

Soma byose
Gumisha ibyiringiro byawe ku Mana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Gumisha ibyiringiro byawe ku Mana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Dufite amakuba impande zose ariko ntidukuka imitima, turashobewe ariko ntitwihebye. (2 Abakorinto 4:8). Nubwo ubona ibiguteye ubwoba bibaye byinshi, gumisha ibyiringiro byawe ku Mana kuko ibihe byose ihora ari iyo …

Soma byose
Komeza icyo wagabiwe na Yesu – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Komeza icyo wagabiwe na Yesu – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Ujye urwana intambara nziza yo kwizera usingire ubugingo buhoraho, ubwo wahamagariwe ukabwaturira kwatura kwiza imbere y’abahamya benshi. (1 Timoteyo 6:12). Komeza icyo wagabiwe na Yesu, urugamba uri guhura narwo rwe …

Soma byose
Haburaho gato ngo dusebe, Uwiteka ajya atabara – Ev. Ndayisenga Esron

Babarira abakugiriye nabi, nubwo batagusaba imbabazi – Ev. Ndayisenga Esron

Babarira abakugiriye nabi, nubwo batagusaba imbabazi – Ev Ndayisenga Esron Mt 18:21-22[21]Nuko Petero aramwegera aramubaza ati “Databuja, mwene data nangirira nabi nzamubabarira kangahe? Ngeze karindwi?” [22]Yesu aramusubiza ati “Sinkubwiye yuko …

Soma byose
Paji56 muri 259 1555657259

Soma n'ibi