KWIYANDIKISHA – PBC – Promo.10
17/01/2024
Promotion PBC-0723-P8
16/10/2022
PBC Graduation: Amafoto
11/03/2025
“Nyamara ibicumuro byacu ni byo yacumitiwe, yashenjaguriwe gukiranirwa kwacu, igihano kiduhesha amahoro cyari kuri we, kandi imibyimba ye ni yo adukirisha. (Yesaya 53:5). Imibabaro Yesu yagize niyo akirisha abantu ibyaha, …
Soma byoseIntego:Have wa mwanzi wanjye we, ningwa nzabyutswa – Ev. Ndayisenga Esron Zab 41:6-7,12[6]Abanzi banjye banyifuriza nabi bati“Azapfa ryari ngo izina rye ryibagirane?” [7]Kandi umwe muri abo iyo aje kunsura aba …
Soma byoseAMAREMBO 3 YIZEWE Y‘UMUGISHA Hagayi 2:19.. (…) uhereye uyu munsi nzabaha umugisha.Umwana w’imyaka 6 wategurirwaga Isabukuru yo kwizihiza amavuko baramubajije ngo n’iki wumva ukeneye arasubiza ngo ntimumbaze icyo nkeneye ahubwo …
Soma byoseIMANA SI UMUNTU – Pastor Manirafasha Pascal IBYANDITSWE BYERA:Yobu 9:32 Erega Imana si umuntu nkanjye ngo nyisubize,Ngo tujyane tujye kuburana. “Unyizera naho Yaba yarapfuye azabaho” “Mwese Abarushye n’abaremerewe mweseeee nimuze …
Soma byose“Ariko igihe cy’isezerano cyenda gusohora, iryo Imana yarahiye Aburahamu, abantu baragwira baba benshi muri Egiputa,”(Ibyakozwe n’Intumwa 7:17) Kwihangana mu gutegereza amasezerano Tegereza amasezerano wahawe n’Imana wihanganye, uzirikana ko igihe cyayo …
Soma byoseMu bikomeye twabuze uko tugira, ajya aseruka – Ev. Ndayisenga Esron Mk 8:2-6,8[2]“Aba bantu banteye impuhwe kuko uyu munsi ari uwa gatatu turi kumwe, none bakaba badafite ibyo kurya. [3]Nimbasezerera …
Soma byoseImana Ugukomeza kugira ngo Ikomeze abandi! Luka 22:31-32Kandi Umwami Yesu aravuga ati “Simoni, Simoni, dore Satani yabasabye kugira ngo abagosore nk’amasaka, ariko weho ndakwingingiye ngo kwizera kwawe kudacogora. Nawe numara …
Soma byoseTera umugongo ibiguca intege, Uhoraho atanga Imbaraga zo kunesha – Ev. Ndayisenga Esron 1 Sam 17:28,30,49[28]Maze Eliyabu mukuru we w’imfura ya se yumvise Dawidi avugana n’abo bantu, uburakari buramuzabiranya aramubaza …
Soma byoseAMAHAME AJYANYE N’UMUGISHA IMANA ITANGA Itangiriro 12:2 Nzaguhindura ubwoko bukomeye, nzaguha umugisha, nzogeza izina ryawe, uzabe umugisha. Nyuma y’inyigisho nabagejejeho ku wa Gatandatu ivuga ku Marembo 3 yizewe y’umugisha, nifuje …
Soma byoseUmwe avuga ijwi rirenga abwira mugenzi we asingiza ati “Uwiteka Nyiringabo arera, arera, arera. Isi yose yuzuye icyubahiro cye. (Yesaya 6:3). Guhishurirwa ubwiza bw’Uwiteka bizana imibereho mishya, umuntu akabaho ubuzima …
Soma byose