Icyo ushaka ko gihinduka, gihindurire izina

Icyo ushaka ko gihinduka, gihindurire izina

Umwe mu migisha usumba iyindi, dukomora ku Mana Data, ni UGUTEKEREZA NO KUVUGA! Ariko si ugutekereza ibyo twiboneye ngo dutinze ibitekerezo byacu kubidakwiriye;kuko uko umuntu atekereza ariko ari (Imigani 23:7) …

Soma byose
Soma Bibiliya umunsi ku wundi: Itangiriro 16-18

Soma Bibiliya umunsi ku wundi: ITANGIRIRO 28-30

Isaka yohereza Yakobo i Padanaramu gusabayo umugeni 1. Isaka ahamagara Yakobo amuhesha umugisha, aramwihanangiriza ati “Ntuzarongore Umunyakananikazi. 2. Haguruka ujye i Padanaramu kwa Betuweli sogokuru, usabeyo umugeni mu bakobwa ba …

Soma byose
Ikinyoma gifitiwe ibimenyetso ntibigihindura ukuri

Ikinyoma gifitiwe ibimenyetso ntibigihindura ukuri

Iyo ikinyoma gifitiwe ibimenyetso ntibigihindura ukuri. Ihanganire kurengana no gusebya ahantu hose Imana nijya kukurengera izabanza ikurenganure, umuntu umwe yagize ati Iyo Imana igukerereje iragutegera. Abantu benshi bafite ibintu barengwa …

Soma byose
Hosiane kwakira inkuru y’incamugongo byaramugoye (Igice cya 1 cy’ubuhamya bwe)

Igice cya 2 cy’Ubuhamya bw’inzira igoye y’ubuzima bwa UWITONZE Hosiane

IGICE CYA 2: Twabwiye ko igice cya kabiri gishingiye ukuntu yakoze accident nuko abayeho n’ukuntu Imana ikomeje kubana nawe. KANDA HANO UBASHE GUSOMA UBUHAMYA BWE IGICE CYA MBERE. Aragira ati: …

Soma byose
Ese icyaha ni iki?

Ese icyaha ni iki?

Bibiliya ivuga ko icyaha ari ukwica amategeko y’Imana (1 Yohana 3:4) no kwivumbura ku Mana (Gutegeka 9:7, Yosuwa 1:18). Lusifero, ushobora kuba yariwe Malayika mwiza kandi ukomeye kurusha abandi, niwe …

Soma byose
Soma Bibiliya umunsi ku wundi: Itangiriro 16-18

Dusome Bibiliya umunsi ku wundi (ITANGIRIRO 24, 25)

SARA ARAPFA; ABURAHAMU AGURA UBUVUMO BWO KUMUHAMBAMO (IGICE CYA 24) 1. Sara yaramye imyaka ijana na makumyabiri n’irindwi, iyo ni yo myaka Sara yaramye. 2. Sara apfira i Kiriyataruba (ari …

Soma byose
Si byiza gucira abandi urubanza

Si byiza gucira abandi urubanza

“Ntimugacire abandi urubanza mu mitima yanyu kugira ngo namwe mutazarucirwa, (Matayo 7:1-5). Iyo tuvuga amakosa y’abandi biratworohera ariko guhinduka kwiza gukwiriye kubanziriza kuri twe. Pst Desire HABYARIMANA

Soma byose
UMUNTU WARI UHETSE UMUTWARO (Mukristu)AGATABO K’UMUGENZI

DUSOBANUKIRWE AGATABO K’UMUGENZI (Igice cya mbere)

Twifuje kunganira benshi mu gusobanukirwa agatabo k’umugenzi benshi muri mwe mukunda, Muri izi Nyigisho z’uruhererekane Mugezwaho na Mme Nishyirembere Donna (Mama Vanessa) muzabasha Gusobanukirwa ingingo z’ingenzi 30 zigize alias Gatabo …

Soma byose
Ni gute nababarira abampemukiye?

Ni gute nababarira abampemukiye?

Buri muntu wese yagize umuhuguza, uwamugomeye cyangwa uwamukoreye icyaha. Ni gute umukristo akwiye kwitwara iyo bigenze bityo? Bibiliya ivuga ko agomba kubabarira. Abefeso 4:32 haravuga ngo: Mugirirane neza, mugirirane imbabazi, …

Soma byose
Ikiranga Umukristo nyawe?

Ikiranga Umukristo nyawe?

Igisobanuro dukura mu nkoranyamagambo cyenda gusa n’ “umuntu ufite ukwemera cyangwa ukwizera muri Yesu ko ari Kristo cyangwa akaba uri mu itorero rishingira inyigisho zaryo kuri Yesu. ” Usanga ari …

Soma byose
Paji255 muri 259 1254255256259

Soma n'ibi