Itoze kwera imbuto
Ntuterwe ubwoba n’ibyo ubona imbere yawe

Ntuterwe ubwoba n’ibyo ubona imbere yawe

“Mose asubiza abantu ati”Mwitinya mwihagararire gusa, murebe agakiza Uwiteka ari bubazanire uyu munsi, kuko Abanyegiputa mwabonye uyu munsi mutazongera kubabona ukundi.”(Kuva 14:13). Ikibazo cyose uko cyaba kiri Uwiteka akirusha amaboko. …

Soma byose
Kuki Imana ireka amakuba agera ku bantu beza?

Kuki Imana ireka amakuba agera ku bantu beza?

Iki ni kimwe mu bibazo by’ingorabahizi muri Tewolojiya (Theologie). Imana Ihoraho, ntigira iherezo, Iri hose, Izi byose, kandi Ishoboye byose. None se ni gute abana abana b’abantu (badahoraho, bafite iherezo, …

Soma byose
Icyo Bibiliya ivuga ku butinganyi

Icyo Bibiliya ivuga ku butinganyi

Bibiliya ihora itubwira ko igikorwa cy’umutinganyi ari icyaha (Itangiriro 19:1-13; Abalewi 18:22; Abaroma 1:26-27; 1 Abakorinto 6:9). Ku bw’umwihariko, mu Abaroma 1:26-27 hatwigisha ko ubutinganyi ari ingaruka yo guhakana no …

Soma byose
Itoze kwera imbuto

Itoze kwera imbuto

Abona umutini iruhande rw’inzira arawegera, asanga utariho imbuto keretse ibibabi gusa, arawubwira ati”Ntukere imbuto iteka ryose.” Muri ako kanya uruma. (Matayo 21:19). ISENGESHO: Mana ikintu cyose kitaguhesha icyubahiro kiri ku …

Soma byose
Impamvu udakwiye kwiyahura

Impamvu udakwiye kwiyahura

Ahanini kwiyahura bituruka ku bitekerezo byo kwiburira icyizere, gutakaza ibyiringiro kuburyo umuntu uri mu bihe nk’ibi ariho aba ashobora gufata icyemezo kigayitse cyo gushyira iherezo ku buzima bwe. Ushobora gucyeka …

Soma byose
Imbabazi ni iki? Kuki kubabarira ari ngombwa?

Imbabazi ni iki? Kuki kubabarira ari ngombwa?

Ijambo “imbabazi” risobanura guhanagura urutonde rw’ibyaha, kugira impuhwe, gusiba ideni. Iyo dukoreye nabi abandi dusaba imbabazi kugira ngo twongere tugirane umubano mwiza. Imbabazi ntizitangwa kuko nyiri ukuzaka akwiriye kubabarirwa. Nta …

Soma byose
Bisobanukiye iki gusenga mu izina rya Yesu?

Bisobanukiye iki gusenga mu izina rya Yesu?

Gusenga mu izina rya Yesu tubyigishwa muri Yohana 14:13-14 kandi icyo muzasaba cyose mu izina ryanjye, nzagikorera kugira ngo Data yubahirizwe mu Mwana we. Nimugira icyo musaba cyose mu izina …

Soma byose
Hari igisubizo Imana igufitiye

Hari igisubizo Imana igufitiye

“Mwana wanjye, Imana iri bwibonere umwana w’intama w’igitambo cyo koswa.”(Itangiriro 22 :8). Tuza kuko ikigeragezo cyose wahura nacyo Uwiteka afite igisubizo cyacyo hafi aho. Wowe guma mu mwanya Imana igushakamo. …

Soma byose
Tumenye indwara ya diyabete

Tumenye indwara ya diyabete

Indwara ya Diyabete ni Indwara imaze kumenyekana cyane kubera Umubare munini wabayirwaye bagenda biyongera umunsi ku munsi. ESE IYI NDWARA YABA IMEZE ITE? Tuvuga ko umuntu arwaye Diayabete mu gihe …

Soma byose
Paji254 muri 259 1253254255259

Soma n'ibi