KWIYANDIKISHA – PBC – Promo.10
17/01/2024
Promotion PBC-0723-P8
16/10/2022
PBC Graduation: Amafoto
11/03/2025
BIMWE MU BITERA UMUNTU KUNANIRWA KUBANA N’ABANDI 1. GUSHAKA ITEKA KUBA UW’IMBERE (KWIBONEKEZA) Umunsi umwe Yesu yitegereje abantu mu bukwe areba uko babyiganira imyanya y’imbere maze abagira inama ikomeye, reka …
Soma byoseReka turebe igisobanuro cy’urukundo ukururikije Bibiliya, kandi tunarebe uburyo Imana ariyo soko y’urukundo. Urukundo rurihangana rukagira neza, urukundo ntirugira ishyari, urukundo ntirwirarira, ntirwihimbaza, ntirukora ibiteye isoni, ntirushaka ibyarwo, ntiruhutiraho, ntirutekereza …
Soma byoseWARI UZI KO IMANA IGUFITIYE IBYIZA BYINSHI “Ni ukuri nzanezezwa no kubagirira neza, rwose nzabatera bamere muri iki gihugu, mbishyizeho umutima wanjye wose n’ubugingo bwanjye bwose.” (Yeremiya 32:41). Imana ifite …
Soma byoseUko bukeye nuko bwije Imana ntishobora kwirengagiza, Umukiranutsi! Naho inzara yatera mu gihugu we azigamirwa ibizatuma aticwa nayo! Uwiteka ntazemera ko umukiranutsi yicwa n’inzara, Ariko ahakanira abanyabyaha ibyo bararikira. imig10:3 …
Soma byoseMu itangiriro 12: 1, Imana yahaye Aburamu itegeko rirerire. Mu magambo menshi yaravuze iti: «Hambira usage buri muntu wese uzi na buri kintu cyose cyari cyikunyuze ujye mu gihugu nzakwereka.” Iyo …
Soma byoseItangiriro 14:14-16 “Aburamu yumvise yuko mwene wabo yafashwe mpiri, atabarana n’umutwe we wigishijwe kurwana, bavukiye mu rugo rwe, magana atatu na cumi n’umunani barabakurikira bagera i Dani.Aburamu n’abagaragu be bigabanyamo …
Soma byose“Mbese ubwo itimanye Umwana wayo ikamutanga ku bwacu twese, izabura ite kumuduhana n’ibindi byose?” (Abaroma 8 :32). Urukundo Imana yagaragaje itanga Yesu ku bwacu rutwigisha ko nta kindi yatwima. Ni …
Soma byoseSatani akunzwe gufatwa mu buryo butandukanye; hari abamufata nk’umugani, abandi bakamufata nk’akantu gafite amahembe kirirwa kongorera abantu ngo bacumure. Bibiliya itubwira neza Satani uwo ariwe, itubwira n’aho ahuriye n’ubuzima bwacu. …
Soma byose“Ariko umukiranutsi wanjye azabeshwaho no kwizera. Nyamara nasubira inyuma, umutima wanjye ntuzamwishimira.” (Abaheburayo 10:38). Inzira umugenzi anyuramo ajya mu ijuru irimo ibiruhanya byinshi. Ushaka kunezeza Imana muri iyo nzira azayinywuzwamo …
Soma byose