KWIYANDIKISHA – PBC – Promo.10
17/01/2024
Promotion PBC-0723-P8
16/10/2022
PBC Graduation: Amafoto
11/03/2025
KWIZERA KURAREMA Mariko 10:47 Yumvise ko Yesu w’i Nazareti ari we uje, aherako arataka cyane ati”Yesu mwene Dawidi, mbabarira.” (…)Yesu arayibaza ati”Urashaka ko nkugirira nte?” Iyo mpumyi iramusubiza iti”Mwigisha, ndashaka …
Soma byoseKugira ngo mutaba abanebwe, ahubwo mugere ikirenge mu cy’abaragwa amasezerano babiheshejwe no kwizera no kwihangana.(Abaheburayo 6:12). Wowe ufite isezerano ry’Imana komeza uritegereze wizeye ubifatanije no kwihangana, kuba ritinze ntibivuze ko …
Soma byose“Ntimuzasakuze cyane ngo ijwi ryanyu ryumvikane, ntihakagire ijambo riva mu kanwa kanyu kugeza umunsi nzababwirira nti ‘Nimurangurure amajwi’, muzahereko muvuge.” (Yosuwa 6:10). Ikigeragezo ufite kigutera ubwoba ahubwo usenge ukizenguruke bucece, …
Soma byoseUbonye gutabarwa kuva ku Witeka, ugaruriwe ibyari byarabuze 2 Abami 6:5-7[5]Umwe muri bo agitema igiti, intorezo irakuka igwa mu mazi, arataka ati “Mbonye ishyano databuja, kuko yari intirano.” [6]Uwo muntu …
Soma byose“Igihe mwazengurukiye uyu musozi kirahagije, nimucyamike mugende mwerekeje ikasikazi.” (Gutegek 2:3). Wicika intege kuko Uwiteka azi igihe umaze mu kigeragezo uko kingana kandi niwe uje gushyiraho iherezo kugira ngo utabarwe. …
Soma byoseUmva Nyagasani babarira, Nyagasani twumvire, Nyagasani ugire icyo ukora ntutinde, Mana yanjye kugira ngo izina ryawe ryubahwe, kuko umurwa wawe n’abantu bawe byitwa iby’izina ryawe. (Daniyeli 9:19). Imana ijya yemera …
Soma byose“Uwiteka ahimbazwe, utakuretse udafite umucunguzi. Icyaduha akazaba ikirangirire mu Bisirayeli”.(Rusi 4:14). Ibigeragezo urimo byigutera ubwoba kuko Yesu umucunguzi wawe ari kumwe nawe kugira ngo abigukize. Humura ntakimunanira azabikora. Pst Mugiraneza …
Soma byoseMaze cya gicu gitwikira ihema ry’ibonaniro, ubwiza bw’Uwiteka burabagirana bwuzura ubwo buturo. (Kuva 40:34). Fata igihe wegere Imana ushake mu maso hayo, ubwiza bwayo bwuzure umutima wawe nibwo Uwiteka azakuyobora …
Soma byosePetero arahaguruka, ajyana na bo. Asohoyeyo bamujyana muri icyo cyumba cyo hejuru, abapfakazi bose bahagarara iruhande rwe barira, berekana amakanzu n’imyenda Doruka yababoheye akiriho. (Ibyakozwe n’Intumwa 9:39). Hano ku isi …
Soma byose“Ukundwa, ndagusabira kugira ngo ugubwe neza muri byose, ube mutaraga nk’uko umutima wawe uguwe neza,” (3 Yohana 1:2). Umwami Yesu arakunda bihebuje, ibyo biguhe kubohoka n’amahoro yo mu mutima, maze …
Soma byose