IYO IGIHE CYO KURIRA KIRANGIYE – Prof. Dr. Fidele Masengo

Kwizera kurarema – Bishop Dr. Fidele Masengo

KWIZERA KURAREMA Mariko 10:47 Yumvise ko Yesu w’i Nazareti ari we uje, aherako arataka cyane ati”Yesu mwene Dawidi, mbabarira.” (…)Yesu arayibaza ati”Urashaka ko nkugirira nte?” Iyo mpumyi iramusubiza iti”Mwigisha, ndashaka …

Soma byose
Komeza utegereze isezerano ry’Imana wizeye – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Komeza utegereze isezerano ry’Imana wizeye – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Kugira ngo mutaba abanebwe, ahubwo mugere ikirenge mu cy’abaragwa amasezerano babiheshejwe no kwizera no kwihangana.(Abaheburayo 6:12). Wowe ufite isezerano ry’Imana komeza uritegereze wizeye ubifatanije no kwihangana, kuba ritinze ntibivuze ko …

Soma byose
Ibikurwanya bizatsindwa – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Ikigeragezo ufite kigutera ubwoba umunsi umwe kizakurwaho – Pst Mugiraneza J Baptiste

“Ntimuzasakuze cyane ngo ijwi ryanyu ryumvikane, ntihakagire ijambo riva mu kanwa kanyu kugeza umunsi nzababwirira nti ‘Nimurangurure amajwi’, muzahereko muvuge.” (Yosuwa 6:10). Ikigeragezo ufite kigutera ubwoba ahubwo usenge ukizenguruke bucece, …

Soma byose
Humura Uwiteka azabyikorera – Ev Ndayisenga Esron

Ubonye gutabarwa kuva ku Witeka, ugaruriwe ibyari byarabuze

Ubonye gutabarwa kuva ku Witeka, ugaruriwe ibyari byarabuze 2 Abami 6:5-7[5]Umwe muri bo agitema igiti, intorezo irakuka igwa mu mazi, arataka ati “Mbonye ishyano databuja, kuko yari intirano.” [6]Uwo muntu …

Soma byose
Wicika intege kuko Uwiteka azi igihe umaze – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Wicika intege kuko Uwiteka azi igihe umaze – Pst Mugiraneza J. Baptiste

“Igihe mwazengurukiye uyu musozi kirahagije, nimucyamike mugende mwerekeje ikasikazi.” (Gutegek 2:3). Wicika intege kuko Uwiteka azi igihe umaze mu kigeragezo uko kingana kandi niwe uje gushyiraho iherezo kugira ngo utabarwe. …

Soma byose
Akira ubutabazi bwayo bukomeye – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Imana ijya yemera gutabara abantu bayo mu buryo bwihuse – Pst Mugiraneza J Baptiste

Umva Nyagasani babarira, Nyagasani twumvire, Nyagasani ugire icyo ukora ntutinde, Mana yanjye kugira ngo izina ryawe ryubahwe, kuko umurwa wawe n’abantu bawe byitwa iby’izina ryawe. (Daniyeli 9:19). Imana ijya yemera …

Soma byose
Ibigeragezo urimo byigutera ubwoba – Pst Mugiraneza J Baptiste

Ibigeragezo urimo byigutera ubwoba – Pst Mugiraneza J Baptiste

“Uwiteka ahimbazwe, utakuretse udafite umucunguzi. Icyaduha akazaba ikirangirire mu Bisirayeli”.(Rusi 4:14). Ibigeragezo urimo byigutera ubwoba kuko Yesu umucunguzi wawe ari kumwe nawe kugira ngo abigukize. Humura ntakimunanira azabikora. Pst Mugiraneza …

Soma byose
Fata igihe wegere Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Fata igihe wegere Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Maze cya gicu gitwikira ihema ry’ibonaniro, ubwiza bw’Uwiteka burabagirana bwuzura ubwo buturo. (Kuva 40:34). Fata igihe wegere Imana ushake mu maso hayo, ubwiza bwayo bwuzure umutima wawe nibwo Uwiteka azakuyobora …

Soma byose
Hano ku isi ntabwo ari ubuturo bwacu bw’iteka – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Hano ku isi ntabwo ari ubuturo bwacu bw’iteka – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Petero arahaguruka, ajyana na bo. Asohoyeyo bamujyana muri icyo cyumba cyo hejuru, abapfakazi bose bahagarara iruhande rwe barira, berekana amakanzu n’imyenda Doruka yababoheye akiriho. (Ibyakozwe n’Intumwa 9:39). Hano ku isi …

Soma byose
Umwami Yesu arakunda bihebuje – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Umwami Yesu arakunda bihebuje – Pst Mugiraneza J. Baptiste

“Ukundwa, ndagusabira kugira ngo ugubwe neza muri byose, ube mutaraga nk’uko umutima wawe uguwe neza,” (3 Yohana 1:2). Umwami Yesu arakunda bihebuje, ibyo biguhe kubohoka n’amahoro yo mu mutima, maze …

Soma byose
Paji2 muri 259 123259

Soma n'ibi