“19. bazakurwanya, ariko ntibazakubasha kuko ndi kumwe nawe kugira ngo nkurokore.” Ni ko Uwiteka avuga.” (Yeremiya 1:19)
Ntukangwe n’ubwinshi bw’ababisha kuko uhagararanye n’Uwiteka.
Iyo urikumwe n’Uwiteka ntibibuza intambara kuza, ariko ntizizakubasha kubera imbaraga n’ubushobozi bw’Uwiteka murikumwe.Itoze kumushyira imbere burimunsi kandi no muri byose.
Rev. Karayenga Jean Jacques