“Aherako atekerereza umugore we Zereshi n’incuti ze zose ibyamubayeho byose. Nuko abajyanama be n’umugore we Zereshi baramubwira bati”Moridekayi uwo ubwo utangiye gucogorera imbere ye, niba ari uwo mu rubyaro rw’Abayuda ntuzamushobora, ahubwo uzagwa imbere ye.”
(Esiteri 6:13)
Niba uri mu mubare w’abana b’Imana ntugire ubwoba kuko ibyo ureba imbere yawe Imana igenda ibica intege kandi bizasoza bitaguhitanye, ahubwo bikuguye imbere.