Arasohoka ajya ku isōko y’amazi, amishamo umunyu aravuga ati “Uwiteka aravuze ngo ahumanuye aya mazi, ntabwo azongera kwicana cyangwa kurumbya.” (2 Abami 2:21).
Izere Uwiteka ushobora byose kuko nta kimunanira, afite imbaraga zo guhumanura ikintu cyose kikaba kizima, ubuzima bugakomeza.
Pst Mugiraneza J. Baptiste