Yesu aramubwira ati “Genda, umwana wawe ni muzima.”Uwo muntu yizera iryo jambo Yesu amubwiye aragenda. (Yohana 4:50).
Ijambo rya Yesu rigira ububasha kuko rirakiza, rikarema ibitari bihari rikazana ubuzima bushya. Wizere ko ibyo yakubwiye bizasohora ubibone.
Pst Mugiraneza J. Baptiste