Akangutse acyaha umuyaga, abwira inyanja ati “Ceceka utuze.” Umuyaga uratuza, inyanja iratungana rwose. (Mariko 4:39).
Kugendana na Yesu nibyiza, iyo uhuye n’umuyaga arawuturisha. Gumana na we, ibikugerageza uzabitsinda, ubuzima bukomeze.
Pst Mugiraneza J. Baptiste