Humura ntabwo yakuretse, igihe ni kigera arabicyaha bituze – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Yari asinziriye aryamye ibwerekeza, yiseguye umusego. Baramukangura baramubaza bati “Mwigisha, ntubyitayeho ko tugiye gupfa?” (Mariko 4:38).

Birakugoye kandi Umwami wawe Yesu aracecetse. Humura ntabwo yakuretse ahubwo igihe ni kigera aracyaha umuyaga inyanja ituze.


Pst Mugiraneza J Baptiste