“Biremwe nonaha si ibya kera, kugeza uyu munsi ntiwigeze kubyumva kugira ngo utavuga uti ‘Nari mbizi.” (Yesaya 48:7).
Gutabara kw’Imana kuratangaje, kuza gutunguranye, kukanyura aho utatekerezaga. Itegure kwakira igusubizo Imana ikuremeye wishime.
Pst Mugiraneza J. Baptiste