KWIYANDIKISHA – PBC – Promo.10
17/01/2024
Promotion PBC-0723-P8
16/10/2022
PBC Graduation: Amafoto
11/03/2025
Nta kinanira Imana, ifite uko ibigenza bikemera Lk 1:34-35[34]Mariya abaza marayika ati “Ibyo bizabaho bite ko ntararyamana n’umugabo?” [35]Marayika aramusubiza ati “Umwuka Wera azakuzaho, n’imbaraga z’Isumbabyose zizagukingiriza, ni cyo gituma …
Soma byosePBC-0724-P10 Tunejejwe no kubamenyesha ko Promise Bible Center yongeye gukingura imiryango ku bifuza gusaba umwanya muri programme y’amasomo ya Bibiliya guhera kuri uyu wa 17/01/2024. Mbere yo kohereza ubusabe bwawe, …
Soma byoseKWIYANDIKISHA Tunejejwe no kubamenyesha ko PBC yongeye gukingura imiryango ku bifuza gusaba umwanya muri programme y’amasomo ya Bibiliya guhera kuri uyu wa 01/02/2023. Mbere yo kohereza ubusabe bwawe, hari ibyo …
Soma byoseOya, ahubwo muri ibyo byose turushishwaho kunesha n’uwadukunze. (Abaroma 8:37). Ubwo Yesu yemeye gupfa mu kimbo cyawe utaramumenya, ubu si bwo yakureka, ahubwo azakomeza ku kubera umucunguzi w’ibihe byose. Pst …
Soma byoseEf 5:7-8[7] Nuko ntimugafatanye na bo [8] kuko kera mwari umwijima none mukaba muri umucyo mu Mwami wacu. Nuko mugende nk’abana b’umucyo, Yesu ashimwe Nyuma yo Gukizwa hamagarira Kwitandukanya n’imirimo …
Soma byoseNaho yababaza umuntu ariko azamugirira ibambe, Nk’uko imbabazi ze nyinshi zingana.(Amaganya 3:32). Ibyagushenguye umutima ni byinshi, ariko humura Uwiteka ari hafi yawe kugira ngo akureme mo imbaraga nshya kuko ibambe …
Soma byoseKandi iki ni cyo kidutera gutinyuka imbere ye: ni uko atwumva iyo dusabye ikintu nk’uko ashaka. (1Yohana 5:14). Mukundwa, komeza wegere Imana udatinya kuko gusenga kwawe kuyigeraho, irumva igasubiza buri …
Soma byoseAhawukikije hose hazabe imbingo ibihumbi cumi n’umunani, kandi uhereye uwo munsi uwo murwa uzitwa ngo ‘Uwiteka ni ho ari.’ ” (Ezekiyeli 48:35). Ibihe bitandukanye wanyuramo ntibikaguhagarike umutima ahubwo ujye wibuka …
Soma byoseYosuwa 3:4Ariko hagati yanyu na yo hazaba intera y’imikono ibihumbi bibiri. Ntimuzayegere kugira ngo mumenye inzira mukwiriye gucamo, kuko ari nta bundi mwigeze muri iyi nzira.” Kimwe mu bintu namenye …
Soma byoseUmwami arabinyemerera, abitewe n’ukuboko kwiza kw’Imana yanjye kwari kundiho. (Nehemiya 2:8b) Ukuboko kwiza kw’Imana gutangaje kube ku buzima bwawe, uhirwe muri byose. Uzabashishwe kugera ku byiza bizana amashimwe yuzuye. Pst …
Soma byose“Uwiteka ni we mwungeri wanjye sinzakena,”(23:1). Witinya kuko uyobowe ni umwungeri mwiza, aza kubashisha kubona ibyo ukeneye byose. Mwizere ntacyo uzamuburana azi ibigukwiriye.Uyu mwaka uzakubere mwiza. Past Mugiraneza J Baptiste
Soma byose“Ariko Mariya abika ayo magambo yose mu mutima we, akajya ayatekereza.” (Luka 2:19). Wirinde kwibagirwa icyo wabwiwe n’Imana ahubwo buri gihe ujye wibuka ko mu Ijambo ryayo ariho habitswe ibigufitiye …
Soma byose